资讯

This article has been trashed from the web, Please contact [email protected] for more details!
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Avuga kuri ibi bitero, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagaragaje ko ari ikimenyetso cy’uko ingufu za ...
Title Details Download; Job ann 2025: Job an 2025 {730Kb }Part Time RUSIZI: Part Time RUSIZI {215Kb }Part Time RUBAVU: Part Time RUBAVU {210Kb }Part Time NYAGATARE: Part Time NYAGATARE ...
Muri ibi birori byo gutanga ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, abahanzi nka Lil Wayne, Teyana Taylor, GloRilla, Playboi Carti, ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu 2024, amafaranga yoherejwe mu Gihugu n’Abanyarwanda batuye mu Mahanga, ibizwi nka “remittances”, yageze kuri ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n'abandi bakuru b'ibihugu na za guverinoma ndetse n'abayobozi batandukanye ku Isi mu gutangiza Inama ya Loni yiga ku mihindagurikire y’ibihe ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Abanyarwanda n'Abanyamahanga bari mu Rwanda ndetse n'impuguke mu mategeko n'imiyoborere, baremeranya n'icyegeranyo cya Rule Of Law Index 2024 gishyira u Rwanda ku isonga mu bihugu bitekanye muri ...