News
This article has been trashed from the web, Please contact [email protected] for more details!
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Avuga kuri ibi bitero, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yagaragaje ko ari ikimenyetso cy’uko ingufu za ...
Muri ibi birori byo gutanga ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, abahanzi nka Lil Wayne, Teyana Taylor, GloRilla, Playboi Carti, ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu 2024, amafaranga yoherejwe mu Gihugu n’Abanyarwanda batuye mu Mahanga, ibizwi nka “remittances”, yageze kuri ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade yatangaje ko mu ntangiro za Kamena 2024, azashyira hanze indirimbo yise ‘Nyiragongo’ yiteze ko izashimisha abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange. Ni ...
Abanyarwanda n'Abanyamahanga bari mu Rwanda ndetse n'impuguke mu mategeko n'imiyoborere, baremeranya n'icyegeranyo cya Rule Of Law Index 2024 gishyira u Rwanda ku isonga mu bihugu bitekanye muri ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results